Ntabwo tuzi niba ibisubizo bishya kuri iki kibazo bifite
amakuru cyangwa ntayo
–
niba uri Ishimwe richard turagusaba kwinjira hanyuma ukamenyesha abantu bose.
Nataye indangamuntu none nasabye iyakabiri
Buyobozi bwa National ID Agency
Nagirango mbabaze niba indangamuntu ya ishimwe richard yasohotse kuberako yakoze declaration yindangamuntu ya kabiri
Mbaye mbashimiye,
Murakoze
Muraho,
Iyo umuntu yasabye indangamuntu abona indi nyuma y'iminsi 60 akayisanga ku murenge abarurirwamo, yaba yaragiyeyo akayibura?
Ntabwo tuzi niba ibisubizo bishya kuri iki kibazo bifite
amakuru cyangwa ntayo
–
niba uri Ishimwe richard turagusaba kwinjira hanyuma ukamenyesha abantu bose.