Ntabwo tuzi niba ibisubizo bishya kuri iki kibazo bifite
amakuru cyangwa ntayo
–
niba uri Kizito musafiri turagusaba kwinjira hanyuma ukamenyesha abantu bose.
Muri system bigaragara ko nasezeranye kandi ntarasezeranye bikosoka gute?
Buyobozi bwa National ID Agency,
Muri system bigaragara ko nasezeranye Mandi ntarasezeranye byakosoka bite?
Mbaye mbashimiye,
Kizito musafiri
Muraho Kizito,
Iyo handitse ko washyingiwe kandi utarigeze usezerana usabwa Imyanzuro y’urubanza rwabaye ndakuka yemeza ko uri ingaragu ugakosorerwa.
Murakoze
Ntabwo tuzi niba ibisubizo bishya kuri iki kibazo bifite
amakuru cyangwa ntayo
–
niba uri Kizito musafiri turagusaba kwinjira hanyuma ukamenyesha abantu bose.