lost 3 ID
KALISA ESPOIR yatanze iki Ubwisanzure bwo kumenya amakuru kibazo kuri National ID Agency
Irangamimerere y'iki kibazo ntabwo rizwi. Dutegereje ko KALISA ESPOIR asoma ibisubizo biherutse gutangwa agahindura irangamimerere
Iva: KALISA ESPOIR
Buyobozi bwa National ID Agency,
Nifuzaga gusobanuza niba umuntu umaze gutakaza irangamuntu eshatu
(3) ashobora kubona indi. if yes, bisaba iki bigenda gute. is it
true you have to go to the court?
Mbaye mbashimiye,
KALISA ESPOIR
National ID Agency
Inzira yo gusaba indi ndangamuntu ni iyo.
wakongera ukayisaba.
erekena ibice byavuzweho
Ibyo gukora kuri iki kibazo
- Ongeraho igisobanuro (cyo gufasha uwabajije ikibazo cyangwa n'abandi)
- Kurura dosiye y'abantu bose muvugana
Kurikira iki kibazo
Hari abantu 1 bakurikiye iki kibazo
Birakomeretsanya? Ntibikwiye?
Gusaba amakuru bwite cyangwa ibibazo bikomeretsanya ntabwo bifatwa nk' ibijyanye n'ubwisanzure bwo kumenya amakuru (read more).
Niba utekereza ko iki kibazo kidahwitse, ushobora kubimenyesha abayobozi b'uru rubuga
Erekana iki kibazoGira icyo ukora ku byo wamenye
Ibindi bibazo bisa n'iki
ID registration form
Kuri National ID Agency kuri Ngabo
Kumenya amakuru yaho indangamuntu yanjye ya kabiri nasabye iherereye kuko bigaragara ko yakozwe bitewe nuko kw'ikarita y'itora mfite nasanze imibare y'inyuma yarahindutse.
Kuri National ID Agency kuri YESARAKIZA Augustin
Muraho neza!Nitwa Rwanyonga Aristide nabuze indangamuntu yanjye kandi sinzi imibare iyigize.Mwamfasha kubone iyo mibare y'indangamuntu.
Kuri National ID Agency kuri Rwanyonga Aristide
Gusaba numero yirangamuntu umuntu wanfatiye irangamuntu nyuma nkamubura
Kuri National ID Agency kuri Jean de Dieu NDAHAYO
Ibisobanuro ku mateka y'ibyabaye
Waba ufite uburenganzira kuri bimwe mu bicuruzwa byamamazwa hano?