Ikibazo kijyanye na sosiyeti ya KIG
Issa made this Ubwisanzure bwo kumenya amakuru request to Akarere ka Kamonyi
This request has been closed to new correspondence from the public body. Contact us if you think it ought be re-opened.
Igisubizo kuri iki kibazo cyararengeranye. Mu mategeko, uko byaba bimeze kose, Akarere ka Kamonyi yagombaga kuba yaramaze gusubiza (ibisobanuro). Ushobora gutanga ikirego kuri gusaba isuzuma.
Ntidushobora kugarura inzira ubu butumwa bwanyuzemo.
Dear Kamonyi district,
Muraho, nabazaga aho umushinga wa sosiyete ya KIG(Kamonyi Investment Group) waheze ,abaturage twahamagariwe kuwushoramo amafaranga turabikora( mu mwaka wa 2012) ariko ntiwatangira ntanubwo twayasubijwe cg ngo dusobanurirwe uko byagenze.
Murakoze
Yours faithfully,
Issa