Ntabwo tuzi niba ibisubizo bishya kuri iki kibazo bifite
amakuru cyangwa ntayo
–
niba uri MANISHIMWE GILBERT turagusaba kwinjira hanyuma ukamenyesha abantu bose.
Gusaba gukosorerwa amazina
Mwiriweneza neza umuntu wize primary atarabatizw akabatizwa nyuma kubyangombwabye bindihari amazina abari ariko kuri I'd harizina rimwe ashakakobihuzwa nibindi byangombwa yigiyeho mwamufasha mute? Yaca muzihenzira?
Amazina nigiye ntarabatizwa: MANISHIMWE
Arinaryoriri kuri I'd.
Nyuma yokubatizwa: MANISHIMWE GILBERT.
Kuri results zose havuyemo P6.
Murakoze
Mwiriwe,
Murasabwa kubanza gusaba iryo zina mu buryo bwemewe n'amategeko muri MINALOC hanyuma mwamara kuryemererwa tukazarikosora.
Murakoze
Ntabwo tuzi niba ibisubizo bishya kuri iki kibazo bifite
amakuru cyangwa ntayo
–
niba uri MANISHIMWE GILBERT turagusaba kwinjira hanyuma ukamenyesha abantu bose.