Ntabwo tuzi niba ibisubizo bishya kuri iki kibazo bifite
amakuru cyangwa ntayo
–
niba uri Ntambara Evariste turagusaba kwinjira hanyuma ukamenyesha abantu bose.
Gusaba amakuru yaho indangamuntu igeze ikosorwa
Buyobozi bwa National ID Agency,
Nifuzaga gusaba amakuru nkuko byemewe tugendeye kw'itegeko numero 04/2013 ryatowe ku ya 8 Gashyantare 2013 rijyanye no guhabwa amakuru.
Nagirango mbabaze aho indangamuntu yanjye igeze ikosorwa No 119948006211087
Murakoze
Mbaye mbashimiye,
Ntambara Evariste
Muraho,
Izi nimero z'indangamuntu ntabwo zuzuye, mwaduha nimero zuzuye tukabafasha.
Murakoze
Ntabwo tuzi niba ibisubizo bishya kuri iki kibazo bifite
amakuru cyangwa ntayo
–
niba uri Ntambara Evariste turagusaba kwinjira hanyuma ukamenyesha abantu bose.