Guhinduza amazina yababyeyi
Murungi Hillary yatanze iki Ubwisanzure bwo kumenya amakuru kibazo kuri National ID Agency
Igisubizo kuri iki kibazo cyararengeranye. Mu mategeko, uko byaba bimeze kose, National ID Agency yagombaga kuba yaramaze gusubiza (ibisobanuro). Ushobora gutanga ikirego kuri gusaba isuzuma.
Iva: Murungi Hillary
Buyobozi bwa National ID Agency,
Nifuzaga kubasaba ubufatanye muguhindura amazina yababyeyi bajye
kuri National ID
Nkaba ntarinzi narongeragamo izina rya mama kandi ritandikwa na
Papa sinarinzi izina rye
aho namumenyeye nifuzaga ko mwamfasha nkabihindura ,
Kuko ndifuza guhuza amazina yibyangobwa mfite. Bityo bikamfasha
nkamenya my real Identity.
Mbaye mbashimiye,
Murungi Hillary
Iva: joey muk
Mwiriwe Hillary,
Gukosoza amazina y'ababyeyi, umuntu azana imwe mu nyandiko ikurikira:
+------------------------------------------------------------------------+
|Igihe cyose yanditsweho|1. Kopi y’inyandiko y’urubanza rwemeza |
|umubyeyi cyangwa |amazina y’ababyeyi be rwabaye ndakuka. |
|ababyeyi utemera : | |
+------------------------------------------------------------------------+
+------------------------------------------------------------------------+
+------------------------------------------------------------------------+
+------------------------------------------------------------------------+
+------------------------------------------------------------------------+
erekena ibice byavuzweho
Sent request to National ID Agency again, using a new contact address.
Ibyo gukora kuri iki kibazo
- Ongeraho igisobanuro (cyo gufasha uwabajije ikibazo cyangwa n'abandi)
- Kurura dosiye y'abantu bose muvugana
Kurikira iki kibazo
Hari abantu 1 bakurikiye iki kibazo
Birakomeretsanya? Ntibikwiye?
Gusaba amakuru bwite cyangwa ibibazo bikomeretsanya ntabwo bifatwa nk' ibijyanye n'ubwisanzure bwo kumenya amakuru (read more).
Niba utekereza ko iki kibazo kidahwitse, ushobora kubimenyesha abayobozi b'uru rubuga
Erekana iki kibazoGira icyo ukora ku byo wamenye
Ibindi bibazo bisa n'iki
Kumenya amakuru yaho indangamuntu yanjye ya kabiri nasabye iherereye kuko bigaragara ko yakozwe bitewe nuko kw'ikarita y'itora mfite nasanze imibare y'inyuma yarahindutse.
Kuri National ID Agency kuri YESARAKIZA Augustin
Gusaba numero yirangamuntu umuntu wanfatiye irangamuntu nyuma nkamubura
Kuri National ID Agency kuri Jean de Dieu NDAHAYO
ID registration form
Kuri National ID Agency kuri Ngabo
lost 3 ID
Kuri National ID Agency kuri KALISA ESPOIR
Ibisobanuro ku mateka y'ibyabaye
Waba ufite uburenganzira kuri bimwe mu bicuruzwa byamamazwa hano?