request for an ID
Dear National ID Agency,
Nifuzaga gusaba amakuru nkuko byemewe tugendeye kw'itegeko number 04/2013 ryatowe ku ya 8 Gashyantare 2013 rijyanye no guhabwa amakuru.
Nifotoje mu kwa 08/2021 nyuma y' amezi 2 nagiye kuyifata mu murenge wajye arko babwira ko ntayaje kugeza ubu njyayo nkayibura .
none nabigenza nte ngo mbone irangamuntu yajye?
Nitwa Dusabimana Antoinette, Akarere Musanze, Umurenge Muhoza, Akagari Mpenge
Amazina y' ababyeyi ni Mbishibishi Jean de dieu na Mukaloni Alice.
Yours faithfully,
Anastase Tuyizere
Dear National ID Agency,
Mwiriwe neza,
Ntago Ndabona ID ubwo birumvikana ko nta numero ya ID mfite,ahubwo nifotoje mu kwa 8 umwaka washize arko jya ku murenge kuyifata bakabwira ko itaraza.
ubwo hashize amezi 5 nifotoje arko sindabona ID yajye, ubwo nasbaga ubufasha kuricyo kibazo.
Mbibutse amazina:
Dusabimana Anatoinette
Akarere: Musanze
Umerenge: Muhoza
Akagari: Mpenge
Amazina y' ababyeyi:
Mbishibishi Jean De dieu
Mukaloni Alice
Murakoze.
Anastase Tuyizere
Dear National ID Agency,
Nifuzaga gusaba amakuru nkuko byemewe tugendeye kw'itegeko number 04/2013 ryatowe ku ya 8 Gashyantare 2013 rijyanye no guhabwa amakuru.
Nifotoje mu kwa 08/2021 nyuma y' amezi 2 nagiye kuyifata mu murenge wajye arko babwira ko ntayaje kugeza ubu njyayo nkayibura bakaguma babwira gutyo .none nabigenza nte ngo mbone irangamuntu yajye?
Nitwa:
Dusabimana Antoinette,
Akarere Musanze,
Umurenge Muhoza,
Akagari Mpenge
Amazina y' ababyeyi ni:
Mbishibishi Jean de dieu
Mukaloni Alice.
Yours faithfully,
Anastase Tuyizere
Mwiriwe,
Uyu Dusabimana bigaragara ko atigeze yifotoza, azajye ku murenge umwegereye yifotoze