Ndasaba ko mwambwira uburyo nahuza amazina ari ku ndangamuntu n`ibyangombwa byishuri
Bwana ID agency,
ndasaba ko mwamfasha nkamenya uburyo nakosoza indangamuntu bagakuraho izina Olivier bakayihuza nibyangombwa byo kwishuri kuko kundangamuntu nitwa Ndayisenga Jean Berckimas Olivier naho kubyo kwishuri nkitwa Ndayisenga Jean Berckimas mumfashije mwangira inama yuburyo nabigenza.
yours faithfully
Mwiriwe,
Murasabwa amanota ya P6 kugirango mufashwe, hanyuma muzatanga ID y'umwimerere n'inyemezabwioshyu ku biro by'umurenge ubegereye
Murakoze