Gutanga umunani

Felicien made this Access to Information request to Ministry of Justice

This request has been closed to new correspondence. Contact us if you think it should be reopened.

The request was successful.

Dear Ministry of Justice,

Ndashaka kumenya itegeko rigena kandi rigaragaza uko umubyeyi araga abana be, shares bagenerwa, I yumubyeyi asigarana. Ese ni itegeko ku mubyeyi ko aha abana be iminani cg harukundi itegeko ribigena?

Yours faithfully,
Mwami

Odette Yankulije, Ministry of Justice

1 Attachment

Dear Sir

Ngiryo itegeko rigenga impano n'izungura mu Rwanda. Icyakora ririho riravugurwa mu gihe gito hazaba hasohotse irishyashya.Gutanga umunani ntabwo ari itegeko ni ubushake (reba ingingo ya 42) . Gusa iryo tegeko tugenderaho riteganya ko iyo umubyeyi ahisemo gutanga umunani agomba kuwutanga ku bana bose uretse abaciwe (reba ingingo ya 43). Iyo umunani utanzwe nabi umwana warenganye ashobora kubiregera.

Thanks

Odette YANKULIJE
Head of Access to Justice Department
MINIJUST
________________________________________
From: Felicien [[ATI #108 email]]
Sent: Saturday, February 13, 2016 4:38 PM
To: Odette Yankulije
Subject: Access to information request - Gutanga umunani

Dear Ministry of Justice,

Ndashaka kumenya itegeko rigena kandi rigaragaza uko umubyeyi araga abana be, shares bagenerwa, I yumubyeyi asigarana. Ese ni itegeko ku mubyeyi ko aha abana be iminani cg harukundi itegeko ribigena?

Yours faithfully,
Mwami

-------------------------------------------------------------------

Please use this email address for all replies to this request:
[ATI #108 email]

Is [MINIJUST request email] the wrong address for Access to information requests to Ministry of Justice? If so, please contact us using this form:
https://sobanukirwa.rw/change_request/ne...

Disclaimer: This message and any reply that you make will be published on the internet. Our privacy and copyright policies:
https://sobanukirwa.rw/help/officers

If you find this service useful as an ATI officer, please ask your web manager to link to us from your organisation's ATI page.

-------------------------------------------------------------------