Gusaba ko mwamenyera nimba processus yo nkukorera indagamuntu yarantangiye
Buyobozi bwa National ID Agency,
Mwiriwe, mba I Dakar muri Sénégal, maze amezi atatu nsaba indagamuntu, mwansabye ko nanga documents zerekana ko ndumunyarwanda ariko nagisubizo narinongera kubona Kandi maze kwandika Kenshi na email nagisubizo.
Mbaye mbashimiye.
Nitwa NTAKIRUTINKA Gloria.
Mwiriwe,
Mwihangane tugiye gukurikirana ikibazo cyanyu tuzabaha igisubizo vuba.
Murakoze