Gusaba guhindurirwa umurenge nzafatiramo indangamuntu isimbura iyatakaye.
Buyobozi bwa National ID Agency,
Nitwa Odette Nabonibo nkaba narishyuye guhabwa indangamuntu isimbura iyabuze kuwa 29 Mutarama 2020. Nifuzaga gusaba guhindurirwa umurenge nzayifatiramo. Bigakurwa kuwa Buyoga nkazayifatira kumurenge wa Muhima, Kigali.
Murakoze!
Muraho Odette,
Ntabwo ibyo musaba bizakunda kuko kugeza ubu umuntu indangamuntu tuyohereza aho umuntu yayifatiye bwa mbere