Gukosoza indangamu
Buyobozi bwa National ID Agency,
Nitwa BAKUNZIBAKE PHILIPPE, ubu mbarizwa mu Bushinwa ku ishuri nkaba nkeneye ko indangamuntu yanjye yahuzwa na za diplome kuberako harimo itandukaniro ku izina rya 2, ku ndangamuntu handitseho PHILIPE kandi kuri diplome zo handitseho PHILIPPE. Uku kudahura kw'iri zina kwatumye mpura ibibazo bitandukanye ku ishuri kuburyo nkeneye ko gikemuka nibura muri uku kwezi kwa mbere k'umwaka wa 2020 (Mutarama, 2020)
nasabaga ubufasha bwo kumenya ibikenewe kugirango iyi ndangamuntu yanjye ibe yahuzwa n'ibindi byangomwa, indangamuntu yandikweho BAKUNZIBAKE PHILIPPE.
BAKUNZIBAKE PHILIPPE