Date: Sat, 18 Sep 2021 07:35:10 +0100
Subject: Ubwisanzure bwo kumenya amakuru ikibazo - Gusaba guhindurirwa amakuru ajyanye na account yanjye ya mifotra nshya.
From: Joseph DUSABIMANA <
xxxxxxxxxxxxxxxxxxxx@xxxxxxxxxxx.xx>
To: Ubwisanzure bwo kumenya amakuru ibibazo byabajijwe MIFOTRA <
xxxxxxxxxxxx@xxxxxxx.xxx.xx>
Buyobozi bwa Minisiteri y'Abakozi ba leta n'Umurimo,
Nifuzaga gusaba amakuru nkuko byemewe tugendeye kw'itegeko numero 04/2013 ryatowe ku ya 8 Gashyantare 2013 rijyanye no guhabwa amakuru.
Mbanje kubasuhuza , nuko itegeko ribigenda yo gusba amakuru nafunuye account muri mifotra nshya /e-recriutment/mifotra ariko nibeshya kundangamuntu yanjye ifite numero ya 1 1974 8 0059384 0 58 ahumbo nshiraho ifite nimuro ya 1 1974 8 0059384 0 56 .
rero nasabaga ko mwamindurira amakuru.
Murakoze
Mbaye mbashimiye,
Joseph DUSABIMANA
-------------------------------------------------------------------
Koresha iyi imeli wohereza ibisubizo byose kuri iki kibazo:
xxxxxxxxxxxxxxxxxxxx@xxxxxxxxxxx.xxIyi imeli
xxxxxxxxxxxx@xxxxxxx.xxx.xx ntabwo ariyo yakoreshwa mu gutanga ibibazo bijyanye na Ubwisanzure bwo kumenya amakuru kuri Minisiteri y'Abakozi ba leta n'Umurimo? Niba atariyo, tubwire wuzuza iyi fishi:
https://rwanda.alaveteli.org/rw/change_request/new?body=mifotraIcyitonderwa: ubu butumwa n'ibindi byose wasubiza bizashyirwa kuri interineti. Amategeko yacu agenga ubuzima bwite n'uburenganzira bw'umwanditsi:
https://rwanda.alaveteli.org/rw/help/officersNiba wabonye iyi serivisi ari ingirakamaro nk'umukozi wa w'ubwisanzure bwo kumenya amakuru, wasaba umuyobozi w'urubuga rwa interineti rw'ikigo cyanyu kutwongera kuri paji yanyu ya y'ubwisanzure bwo kumenya amakuru.
-------------------------------------------------------------------