Date: Sat, 18 Sep 2021 07:35:10 +0100 Subject: Ubwisanzure bwo kumenya amakuru ikibazo - Gusaba guhindurirwa amakuru ajyanye na account yanjye ya mifotra nshya. From: Joseph DUSABIMANA <[ATI #649 email]> To: Ubwisanzure bwo kumenya amakuru ibibazo byabajijwe MIFOTRA <[MIFOTRA request email]> Buyobozi bwa Minisiteri y'Abakozi ba leta n'Umurimo, Nifuzaga gusaba amakuru nkuko byemewe tugendeye kw'itegeko numero 04/2013 ryatowe ku ya 8 Gashyantare 2013 rijyanye no guhabwa amakuru. Mbanje kubasuhuza , nuko itegeko ribigenda yo gusba amakuru nafunuye account muri mifotra nshya /e-recriutment/mifotra ariko nibeshya kundangamuntu yanjye ifite numero ya 1 1974 8 0059384 0 58 ahumbo nshiraho ifite nimuro ya 1 1974 8 0059384 0 56 . rero nasabaga ko mwamindurira amakuru. Murakoze Mbaye mbashimiye, Joseph DUSABIMANA ------------------------------------------------------------------- Koresha iyi imeli wohereza ibisubizo byose kuri iki kibazo: [ATI #649 email] Iyi imeli [MIFOTRA request email] ntabwo ariyo yakoreshwa mu gutanga ibibazo bijyanye na Ubwisanzure bwo kumenya amakuru kuri Minisiteri y'Abakozi ba leta n'Umurimo? Niba atariyo, tubwire wuzuza iyi fishi: https://rwanda.alaveteli.org/rw/change_request/new?body=mifotra Icyitonderwa: ubu butumwa n'ibindi byose wasubiza bizashyirwa kuri interineti. Amategeko yacu agenga ubuzima bwite n'uburenganzira bw'umwanditsi: https://rwanda.alaveteli.org/rw/help/officers Niba wabonye iyi serivisi ari ingirakamaro nk'umukozi wa w'ubwisanzure bwo kumenya amakuru, wasaba umuyobozi w'urubuga rwa interineti rw'ikigo cyanyu kutwongera kuri paji yanyu ya y'ubwisanzure bwo kumenya amakuru. -------------------------------------------------------------------