Date: Tue, 16 Feb 2021 09:59:42 +0000
Subject: Ubwisanzure bwo kumenya amakuru ikibazo - Amasaha yakazi ntarengwa (maximum shift) umukozi yemerewe akaruhuko (lunch break)
From: James Muhizi <
xxxxxxxxxxxxxxxxxxxx@xxxxxxxxxxx.xx>
To: Ubwisanzure bwo kumenya amakuru ibibazo byabajijwe MIFOTRA <
xxxxxxxxxxxx@xxxxxxx.xxx.xx>
Buyobozi bwa Minisiteri y'Abakozi ba leta n'Umurimo,
Nifuzaga gusaba amakuru nkuko byemewe tugendeye kw'itegeko numero 04/2013 ryatowe ku ya 8 Gashyantare 2013 rijyanye no guhabwa amakuru.
Ese umukoresha yemerewe gukoresha umukozi kuva saa 6:00am kugeza saa 3:00pm atamuhaye akaruhuko ko gufata ifunguro rya kumanywa?
iSON Rwanda ni company nkorera itanga iminota 30 gusa, kandi ntiyemerere abakozi gutaha, kandi ntibatange ifunguro rya kumanywa
Mbaye mbashimiye,
James
-------------------------------------------------------------------
Koresha iyi imeli wohereza ibisubizo byose kuri iki kibazo:
xxxxxxxxxxxxxxxxxxxx@xxxxxxxxxxx.xxIyi imeli
xxxxxxxxxxxx@xxxxxxx.xxx.xx ntabwo ariyo yakoreshwa mu gutanga ibibazo bijyanye na Ubwisanzure bwo kumenya amakuru kuri Minisiteri y'Abakozi ba leta n'Umurimo? Niba atariyo, tubwire wuzuza iyi fishi:
https://rwanda.alaveteli.org/rw/change_request/new?body=mifotraIcyitonderwa: ubu butumwa n'ibindi byose wasubiza bizashyirwa kuri interineti. Amategeko yacu agenga ubuzima bwite n'uburenganzira bw'umwanditsi:
https://rwanda.alaveteli.org/rw/help/officersNiba wabonye iyi serivisi ari ingirakamaro nk'umukozi wa w'ubwisanzure bwo kumenya amakuru, wasaba umuyobozi w'urubuga rwa interineti rw'ikigo cyanyu kutwongera kuri paji yanyu ya y'ubwisanzure bwo kumenya amakuru.
-------------------------------------------------------------------