Kubaza kubyo Ntari gusonukirwa
Buyobozi bwa National ID Agency,
Nifuzaga gusaba amakuru nkuko byemewe tugendeye kw'itegeko numero 04/2013 ryatowe ku ya 8 Gashyantare 2013 rijyanye no guhabwa amakuru.
Uyu munsi Kuwa 24/7/2020 navuganye n'abakozi birembo babwira ko Dosiye yanjye nayitindanye babwira ibyo nkurikizaho Byigazeti muri leta n'ibitangazamakuru guhinduza amazina NI 20,000 FRW none mubitangaza makuru naho nukwishura ? ikindi kibazobizamanza bive mubitangazamakuru kugira ngo dusabe icyo cyemezo cyo guhinduza amazina Murakoze.
Mbaye mbashimiye,
IRADUFASHA Marcel
Muraho Marcel,
Ibijyanye no guhinduza amazina bishinzwe Minisiteri y'ubutegetsi bw'Igihugu. Mushobora kubasaba ibisobanuro kuri [email address]
Murakoze