Date: Wed, 16 Mar 2022 14:28:38 +0000
Subject: Ubwisanzure bwo kumenya amakuru ikibazo - Gusaba kumenya aho ikarita ndangamuntu iherereye
From: Ufitinshuti Anaclet <
xxxxxxxxxxxxxxxxxxxx@xxxxxxxxxxx.xx>
To: Ubwisanzure bwo kumenya amakuru ibibazo byabajijwe MINALOC <
xxxxxxxx.xxxxxxxxxxxx@xxxxxxx.xxx.xx>
Dear National ID Agency,
I would like to ask for the following information under Law no 04/2013 of 08/02/2013 relating to access to information.
Nabasabaga kumenyera aho ID yanjye iri kuko mwari mwambwiyeko iri kumurenge bakaba barambwiyeko ntayo bagiye muri ID zose bafite
Mbaye mbashimiye,
Ufitinshuti Anaclet
-------------------------------------------------------------------
Koresha iyi imeli wohereza ibisubizo byose kuri iki kibazo:
xxxxxxxxxxxxxxxxxxxx@xxxxxxxxxxx.xxIyi imeli
xxxxxxxx.xxxxxxxxxxxx@xxxxxxx.xxx.xx ntabwo ariyo yakoreshwa mu gutanga ibibazo bijyanye na Ubwisanzure bwo kumenya amakuru kuri Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu? Niba atariyo, tubwire wuzuza iyi fishi:
https://rwanda.alaveteli.org/rw/change_request/new?body=minalocIcyitonderwa: ubu butumwa n'ibindi byose wasubiza bizashyirwa kuri interineti. Amategeko yacu agenga ubuzima bwite n'uburenganzira bw'umwanditsi:
https://rwanda.alaveteli.org/rw/help/officersNiba wabonye iyi serivisi ari ingirakamaro nk'umukozi wa w'ubwisanzure bwo kumenya amakuru, wasaba umuyobozi w'urubuga rwa interineti rw'ikigo cyanyu kutwongera kuri paji yanyu ya y'ubwisanzure bwo kumenya amakuru.
-------------------------------------------------------------------