Date: Wed, 16 Mar 2022 14:28:38 +0000 Subject: Ubwisanzure bwo kumenya amakuru ikibazo - Gusaba kumenya aho ikarita ndangamuntu iherereye From: Ufitinshuti Anaclet <[FOI #701 email]> To: Ubwisanzure bwo kumenya amakuru ibibazo byabajijwe MINALOC <[MINALOC request email]> Dear National ID Agency, I would like to ask for the following information under Law no 04/2013 of 08/02/2013 relating to access to information. Nabasabaga kumenyera aho ID yanjye iri kuko mwari mwambwiyeko iri kumurenge bakaba barambwiyeko ntayo bagiye muri ID zose bafite Mbaye mbashimiye, Ufitinshuti Anaclet ------------------------------------------------------------------- Koresha iyi imeli wohereza ibisubizo byose kuri iki kibazo: [FOI #701 email] Iyi imeli [MINALOC request email] ntabwo ariyo yakoreshwa mu gutanga ibibazo bijyanye na Ubwisanzure bwo kumenya amakuru kuri Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu? Niba atariyo, tubwire wuzuza iyi fishi: https://rwanda.alaveteli.org/rw/change_request/new?body=minaloc Icyitonderwa: ubu butumwa n'ibindi byose wasubiza bizashyirwa kuri interineti. Amategeko yacu agenga ubuzima bwite n'uburenganzira bw'umwanditsi: https://rwanda.alaveteli.org/rw/help/officers Niba wabonye iyi serivisi ari ingirakamaro nk'umukozi wa w'ubwisanzure bwo kumenya amakuru, wasaba umuyobozi w'urubuga rwa interineti rw'ikigo cyanyu kutwongera kuri paji yanyu ya y'ubwisanzure bwo kumenya amakuru. -------------------------------------------------------------------